UBUSOBANURO BWAMAGAMBO

YOU ARE USING THE TRIAL VERSION What'sApp OR MESSAGE US ON (+250) 786 585 008 OR (+250) 783 876 662 TO OBTAIN FULL VERSION

1

agahanda k'amagare

Ijambo "agahanda k'amagare" bivuga igice cy'inzira nyabagendwa cyagenewe kunyurwamo n'amagare na velomoteri bikagaragazwa n'ikimenyetso cyabigenewe.

2

akayira

Ijambo "akayira" bivuga inzira nyabagendwa ifunganye yagenewe gusa abanyamaguru cyangwa ibinyabiziga bigendera ku biziga bibiri.

3

inzira y'igitaka

Ijambo "inzira y'igitaka" bivuga inzira nyabagendwa yagutse kurusha akayira ariko ubusanzwe ikaba itaragenewe ibinyabiziga bibiriIjambo "inzira y'igitaka" bivuga inzira nyabagendwa yagutse kurusha akayira ariko ubusanzwe ikaba itaragenewe ibinyabiziga bibiri Inzira y'igitaka ikomeza kwitwa ityo iyo isa n'umuhanda igihe irasutse gusa mu yindi nzira nyabagendwa

4

urusisiro

Ijambo "urusisiro" bivuga ahantu hose hari amazu yegeranye cyangwa afatanye, ari ku ruhande urwo arirwo rwose rw'inzira nyabagendwa cyangwa se aho binjirira n'aho basohokera hagaragazwa n'ibyapa by'aho hantu;

5

umuyobozi

Ijambo "umuyobozi" bivuga umuntu wese utwaye ikinyabiziga cyangwa uyobora mu nzira nyabagendwa inyamaswa zikurura, zikorera cyangwa zigenderwaho, cyangwa amatungo, yaba ubushyo cyangwa imwe imwe

6

umukozi ubifitiye ububasha

Ijambo "umukozi ubifitiye ububasha" bivuga umwe mu bakozi bavugwa mu ngingo ya 3 y'iri teka, wambaye ku buryo bugaragaza ibimenyetso by'imirimo ashinzwe. Iyo umugenzi ahagaze, umukozi ubifitiye ububasha ashobora kuba adafite ibyo bimenyetso, ariko rero agomba kugaragaza ko abifitiye ububasha